Indwara ziriyongera i Karongi nyuma yo gufungwa kw’amavomo rusange
Abaturage bo mu Karere ka Karongi barasaba ko amavomo rusange yafunzwe yongera gufungurwa, kuko byabateje ikibazo cyo kubura amazi meza bakaba bari gukoresha amazi mabi …
Isoko y'Amakuru yizewe
Abaturage bo mu Karere ka Karongi barasaba ko amavomo rusange yafunzwe yongera gufungurwa, kuko byabateje ikibazo cyo kubura amazi meza bakaba bari gukoresha amazi mabi …
Mu Karere ka Rwamagana, umugore w’imyaka 45 n’umuhungu we w’imyaka 22 batawe muri yombi bakekwaho kwica umugabo wabo/se w’imyaka 47, bamwica mu ijoro ryo ku …
Mu Karere ka Bugesera, umugore yatawe muri yombi nyuma yo gusuka amavuta yatuye ku mugabo we ndetse akamutera icyuma, amuziza ko yamubonye ari kumwe n’undi …
Urwego rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi umugabo ukurikiranyweho gukoresha imibonano mpuzabitsina ku gahato abakobwa batandukanye, abashukisha kubaha akazi. Uyu mugabo yakoreshaga urubuga rwa WhatsApp rwitwa …
Abakozi babiri b’Akarere ka Rutsiro, Mujawimana Anathalie na Muhire Eliezer, basubijwe mu kazi nyuma y’imyaka itatu baburana, aho inkiko zagaragaje ko birukanwe binyuranyije n’amategeko. Bari …
Umugabo w’imyaka 45 wo mu Murenge wa Kazo mu Karere ka Ngoma yishwe n’umukobwa w’imyaka 25 ukora uburaya, bapfuye amafaranga y’ubwishyu nyuma yo gukora imibonano …
Umugabo witwa Tuyishimire wo mu Karere ka Gicumbi ari kuvurirwa mu Bitaro bya Byumba nyuma yo gukomeretswa ku gitsina n’indaya, bapfuye amafaranga y’ubwishyu. Ibi byabaye …
Mu Isoko rya Muhanga habereye impanuka ikomeye aho imodoka yo mu bwoko bwa Daihatsu Dyna yivanye muri parikingi yari ishyizwe ahantu hamanuka, igonga umugore witwaga …
Umugabo w’imyaka 45 witwaga Nyandwi Emmanuel yapfiriye mu muganda wabereye ku Rwunge rw’Amashuri rwa Mwendo mu Karere ka Ruhango, ubwo igikuta cy’inyubako ishaje yasenywaga cyamugwiraga. …
Umugabo wo mu Karere ka Gicumbi yakomerekejwe igitsina n’indaya nyuma yo gushyamirana ku mafaranga y’ubwishyu bari bemeranyije. Bivugwa ko bari bumvikanye ibihumbi 5000 Frw, ariko …