Abafana ba Rayon Sports mu gahinda! Rayon Sports itsinzwe na AS Muhanga, inzozi z’igikombe zirayoyoka
AS Muhanga yatsinze Rayon Sports igitego 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 30 wa Shampiyona wabereye i Muhanga. Igitego rukumbi cyabonetse kare ku munota wa kabiri…
Ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi District bwirukanye abakozi batatu nyuma yo gukora amakosa akomeye mu kazi, harimo gufungira umuturage mu biro by’Akagari no kumena ibanga ry’akazi.…
Ngoma: Umugabo n’umugore we batawe muri yombi nyuma y’urupfu rw’umukecuru watawe mu musarane
Umugabo w’imyaka 35 wo mu Murenge wa Mutenderi mu Karere ka Ngoma, yatawe muri yombi akekwaho kwica nyina w’imyaka 64 nyuma yo kumwishyuza ideni rya…
Ngoma: Abanyeshuri b’abakobwa bakubise animatrice umukoropesho mu mutwe bamuziza kubarega ku babyeyi
Abanyeshuri babiri b’abakobwa bigaga mu mwaka wa gatandatu w’Ubuhinzi muri EAV Gitwe, riherereye mu Murenge wa Rukira mu Karere ka Ngoma, batawe muri yombi nyuma…
Mu Karere ka Bugesera District, umugabo witwa Ndagijimana John w’imyaka 46 yishwe akubiswe inkoni nyuma yo gufatirwa mu murima w’umuturanyi akekwaho kwiba amateke. Amakuru…
Mu Karere ka Rusizi District, abantu babiri bakoraga kuri station ya lisansi barimo Iradukunda Théophile na Mutoni Marie Chantal, bahitanywe n’inkongi y’umuriro yabereye aho bakoreraga…
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwataye muri yombi noteri wigenga wo mu Karere ka Rubavu, Imanirakiza Issa Naphtal, hamwe n’abandi batandatu bakekwaho uburiganya bukomeye burimo kugurisha…
IMYIDAGADURO
Digidigi yavuze ibintu bitavugwaho rumwe ku batandukana n’abashakanye
Rebero Norbert uzwi nka Digidigi, yanenze uburyo bamwe mu bashakanye batandukana basenya burundu ibyo bari baragezeho, avuga ko ari ikosa rikomeye rituruka ku kudatekereza neza.…
Amatike yose yashize mu minsi 3! Abakunzi ba King James bakoze ibidasanzwe bamugaragariza urukundo
Major X umaze igihe atagaragara mu muziki yongeye gutungura abafana, asohora indirimbo nshya anateguza EP
Bruce Melodie yanditse amateka mashya mu muziki Nyarwanda
Britney Spears afashwe n’abapolisi, akurikiranyweho ibyaha byo mu muhanda