Gakenke: Bahangayikishijwe n’akayabo k’amafaranga acibwa umuntu washyinguye mu rugo
Abaturage bo mu kagari ka Munyana, umurenge wa Minazi ho mu karere ka Gakenke bavuga ko nta rimbi ryo gushyinguramo bafite ngo dore ko iryo …
Isoko y'Amakuru yizewe
Abaturage bo mu kagari ka Munyana, umurenge wa Minazi ho mu karere ka Gakenke bavuga ko nta rimbi ryo gushyinguramo bafite ngo dore ko iryo …
Mu karere ka Nyanza, mu murenge wa Mukingo humvikanye inkuru y’incamugongo aho umugore yashyamiranye n’umugabo we witwa Ndagijimana Laurent maze bikaza kurangira uyu mugore afashe …
Umusore witwa Nkeramihigo Emmanuel w’imyaka 24 y’amavuko wo mu karere ka Ngoma, mu murenge wa Rukumberi yafatanywe ikibwana cy’ingurube yari avuye kwiba kwa se umubyara …
Bamwe mu basaza bo mu mudugudu wa Muyebe ho mu kagari ka Ruhango, umurenge wa Rongo ho mu karere ka Muhanga baravugako babangamiwe n’abana b’abasore …
Inzego z’ubuyobozi bw’ibanze ndetse n’inzego z’umutekano zo mu murenge wa Kagano ho mu karere ka Nyamasheke zatangaje ko zirimo gushakisha abagabo babiri bakekwaho gukubita umusore …