Digidigi yavuze ibintu bitavugwaho rumwe ku batandukana n’abashakanye
Rebero Norbert uzwi nka Digidigi, yanenze uburyo bamwe mu bashakanye batandukana basenya burundu ibyo bari baragezeho, avuga ko ari ikosa rikomeye rituruka ku kudatekereza neza. …