Digidigi yavuze ibintu bitavugwaho rumwe ku batandukana n’abashakanye
Rebero Norbert uzwi nka Digidigi, yanenze uburyo bamwe mu bashakanye batandukana basenya burundu ibyo bari baragezeho, avuga ko ari ikosa rikomeye rituruka ku kudatekereza neza. …
Isoko y'Amakuru yizewe
Rebero Norbert uzwi nka Digidigi, yanenze uburyo bamwe mu bashakanye batandukana basenya burundu ibyo bari baragezeho, avuga ko ari ikosa rikomeye rituruka ku kudatekereza neza. …
Amatike y’igitaramo cya King James cyo kwizihiza imyaka 20 amaze mu muziki yashize ku isoko mu minsi itatu gusa, nyuma yo gushyirwa ku isoko ku …
Major X yongeye kugaruka mu muziki nyuma y’imyaka igera kuri irindwi yari amaze atuye muri Mozambique akora ubucuruzi. Yahise asohora indirimbo nshya yise Fica …
Bruce Melodie yageze ku ntera ikomeye yo kugira ‘subscribers’ miliyoni imwe kuri YouTube, aba umwe mu bahanzi bake b’Abanyarwanda babigezeho. Ibi byaturutse ku kazi …
Britney Spears akurikiranyweho icyaha cyo gutwara imodoka yanyoye ibisindisha n’ibiyobyabwenge nyuma yo gufatwa n’abapolisi muri California. Yafashwe atwaye nabi kandi yihuta cyane, aza gufungwa …
Neg G The General yari yateguye indirimbo yise ‘Rukokoma’ yo gusubiza Riderman nyuma y’iyitwa ‘Kubera iki?’, benshi bakekaga ko imuvugaho. Gusa nyuma yo kuvugana …
The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella berekeje muri Zambia, aho biteganyijwe ko bitabira igitaramo gikomeye kizahuza abahanzi barimo Rick Ross, Davido na Koffi Olomide. …
Taylor Swift yafashe ingamba zo kurinda isura n’ijwi bye kugira ngo bitiganywa n’ikoranabuhanga rya AI. Yatanze amafoto ye n’ijwi rye nk’icyitegererezo ku bigo by’imyidagaduro, …
Ray J yatangaje ko kugeza ku myaka 45 amaze kuryamana n’abagore bagera ku 12.500, kandi ko akumva agifite ubushobozi bwo kongeraho abandi. Yabivugiye mu kiganiro …
Lil G ari mu biruhuko i Kigali nyuma y’imyaka ine aba i Burayi, yongeye gusubukura muzika anasohora indirimbo nshya yise “Got you baby” yakoranye na …