Nyuma y’igihe kirekire adataramira i Rwanda, Lil G agiye kongera guhura n’abakunzi be
Lil G ari mu biruhuko i Kigali nyuma y’imyaka ine aba i Burayi, yongeye gusubukura muzika anasohora indirimbo nshya yise “Got you baby” yakoranye na …
Isoko y'Amakuru yizewe
Lil G ari mu biruhuko i Kigali nyuma y’imyaka ine aba i Burayi, yongeye gusubukura muzika anasohora indirimbo nshya yise “Got you baby” yakoranye na …
Urukiko Rukuru rwa Lilongwe muri Malawi rwakatiye Gentille Giramata igifungo cy’imyaka 40 nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwica uwahoze ari umugabo we, Noël Emile Habimana, …
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi (FIFA) ryatangaje ko amafaranga azagenerwa amakipe azitabira Igikombe cy’Isi cya 2026 yiyongereyeho 15%, aho azagera kuri miliyoni 871$, mu gihe …
Abasore babiri, Twizerimana Vincent (25) na Mutabazi Daniel (24), bakora uburobyi mu Kiyaga cya Kivu mu Karere ka Rutsiro, bafunzwe bakekwaho guteza urupfu rwa mugenzi …
Abaturage bo mu Karere ka Karongi barasaba ko amavomo rusange yafunzwe yongera gufungurwa, kuko byabateje ikibazo cyo kubura amazi meza bakaba bari gukoresha amazi mabi …
Paris Saint-Germain yatsinze Bayern Munich ibitego 5-4 mu mukino ubanza wa ½ cya UEFA Champions League wabereye i Parc des Princes. Umukino wari ukomeye …
Minisiteri y’Ububanyi n’Amahanga ya Uganda yatangaje ko abantu 231 b’abanyamahanga batawe muri yombi bakekwaho ibikorwa binyuranyije n’amategeko birimo ubwambuzi n’urusimbi. Muri bo harimo Abanya-Nigeria 62 …
Pasiteri Leslie Williams yatawe muri yombi muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, akekwaho icyaha cy’ubusambanyi. Polisi yatangaje ko yashyiriweho impapuro zo …
Urukiko rw’Ibanze rwa Kicukiro rwategetse ko iburanisha ry’urubanza rwa Semuhungu Eric rikorwa mu muhezo, bitewe n’uko ibizavugirwamo bishobora kubangamira imyitwarire mbonezabupfura n’uburenganzira bw’abantu. Ibi byemejwe …
Mu Karere ka Rwamagana, umugore w’imyaka 45 n’umuhungu we w’imyaka 22 batawe muri yombi bakekwaho kwica umugabo wabo/se w’imyaka 47, bamwica mu ijoro ryo ku …