Intambwe ikomeye! Rafael York agaragaye bwa mbere muri shampiyona ikomeye ya Asia
Rafael York, ukinira Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, yakinnye umukino we wa mbere muri FC Anyang yo muri Shampiyona ya Korea y’Epfo (K League). Ni …
Isoko y'Amakuru yizewe
Rafael York, ukinira Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda ‘Amavubi’, yakinnye umukino we wa mbere muri FC Anyang yo muri Shampiyona ya Korea y’Epfo (K League). Ni …
Umugabo witwa Tuyishimire wo mu Karere ka Gicumbi ari kuvurirwa mu Bitaro bya Byumba nyuma yo gukomeretswa ku gitsina n’indaya, bapfuye amafaranga y’ubwishyu. Ibi byabaye …
Mu Isoko rya Muhanga habereye impanuka ikomeye aho imodoka yo mu bwoko bwa Daihatsu Dyna yivanye muri parikingi yari ishyizwe ahantu hamanuka, igonga umugore witwaga …
Umugabo w’imyaka 45 witwaga Nyandwi Emmanuel yapfiriye mu muganda wabereye ku Rwunge rw’Amashuri rwa Mwendo mu Karere ka Ruhango, ubwo igikuta cy’inyubako ishaje yasenywaga cyamugwiraga. …
Bishop Yvette Flunder, uyobora itorero ryo muri Amerika, yateje impaka zikomeye nyuma yo gutangaza ko Bibiliya ikeneye kongerwamo “Isezerano rya gatatu” rikurikira Isezerano rya Kera …
Umuraperi w’icyamamare ku Isi, Drake, ategerejwe gutaramira i Kigali tariki 10 Gashyantare 2027 mu gitaramo kiri mu rugendo rwe yise “Drake Freeze The World Tour.” …
Umugabo wo mu Karere ka Gicumbi yakomerekejwe igitsina n’indaya nyuma yo gushyamirana ku mafaranga y’ubwishyu bari bemeranyije. Bivugwa ko bari bumvikanye ibihumbi 5000 Frw, ariko …
Umuhanzi Taylor Swift ni we uyoboye urutonde rw’abahanzi 20 b’ibihe byose bumviswe cyane kuri Spotify, mu gihe uru rubuga rwizihizaga imyaka 20 rumaze. Swift w’imyaka …
Umunyabigwi mu mupira w’amaguru wa Nigeria, Michael Eneramo, yitabye Imana azize indwara y’umutima yamufatiye mu kibuga mu mukino wa gicuti wabereye i Kaduna ku wa …
Filimi nyarwanda “Ben’Imana” yatoranyijwe mu marushanwa akomeye ya Festival de Cannes 2026, mu cyiciro cya “Un Certain Regard”, kigaragaza inkuru zidasanzwe ku rwego mpuzamahanga. Iyi …