Umuhanzikazi Chinsea yahakanye ibyo gutaramira i Kigali avuga ko ari ibihuha
Chinsea Linda Lee wamamaye nka Shensea ni umwe mu bahanzi bagezweho ku isi yahakanye amakuru yo gutaramira i Kigali ahamya ko ari ibihuha. Byari bimaze …
Isoko y'Amakuru yizewe
Chinsea Linda Lee wamamaye nka Shensea ni umwe mu bahanzi bagezweho ku isi yahakanye amakuru yo gutaramira i Kigali ahamya ko ari ibihuha. Byari bimaze …
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports, bwatangaje ko Bruno Ferry ari we mutoza mukuru wa yo, nyuma yo gutandukana na Afhamia Lotfi ukomoka muri Tunisie ndetse …
Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda ndetse no hanze yarwo aho azwi ku izina rya Bull Dogg aherutse kugirana ikiganiro n’abanyamakuru ubwo yari yasuye Ingoro …
Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda ndetse no hanze yarwo, Kevin Kade yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka itanu amaze akora umuziki, ndetse …
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amagur muri Nigeria (NFF), ryemeje ko ryatanze ikirego muri FIFA, rirega Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yakinishije umukinnyi utabyemerewe ikanarenzaho kuyishima hejuru. …
Imbwa ziri kugurwa amafaranga menshi mu gihugu cy’u Burundi bitewe n’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo hahungiye muri iki gihugu barimo kuzirya bitewe n’ikibazo bafite …
Mu Karere ka Rubavu biteganyijwe ko hazubakwa ibyumba by’amashuri bishya 882, muri gahunda y’iterambere ry’karere y’imyaka itanu (DDS 2024/29), mu kugabanya ubucucike bukabije mu mashuri. …
Emmanuel Macron uyoboye igihugu cy’u Bufaransa yatangaje ko hari umukuru w’igihugu cyo muri Afurika wamuhamagaye amubaza niba mu gihugu cye habaye ihirikwa ry’ubutegetsi bwe, biturutse …
Inzego z’ubuyobozi bw’ibanze ndetse n’inzego z’umutekano zo mu murenge wa Kagano ho mu karere ka Nyamasheke zatangaje ko zirimo gushakisha abagabo babiri bakekwaho gukubita umusore …