COVID-19 iracyahari! Nigeria yatangaje ko yabonye umurwayi mushya
Mu Ntara ya Cross River muri Nigeria habonetse umuntu wanduye COVID-19, aho ari Umushinwa wageze muri icyo gihugu muri Werurwe 2026. Uyu murwayi yahise ajyanwa …
Isoko y'Amakuru yizewe
Mu Ntara ya Cross River muri Nigeria habonetse umuntu wanduye COVID-19, aho ari Umushinwa wageze muri icyo gihugu muri Werurwe 2026. Uyu murwayi yahise ajyanwa …
Dj Pius yatumiwe mu iserukiramuco mpuzamahanga rya AfroCity Music Festival – All White Party 2026 rizabera i Boston muri Amerika ku wa 23 Gicurasi 2026. …
Umuhanzi w’Umurundi Sat-B yatangaje ko yamaze gutandukana n’umukunzi we Belle 9ice bari bamaranye igihe, ndetse bafitanye umwana witwa Liam. Yabitangaje mu kiganiro, asobanura ko bari …
Rayon Sports yanganyije na Gorilla FC igitego 1-1 mu mukino ubanza wa 1/2 cy’Igikombe cy’Amahoro wabereye kuri Kigali Pele Stadium. Gorilla FC ni yo yafunguye …
Umunyamideli Kim Kardashian na Lewis Hamilton bongeye kuvugisha benshi nyuma yo kugaragara bari mu bihe by’urukundo ku mucanga wa Malibu muri Leta Zunze Ubumwe za …
Rutahizamu Cristiano Ronaldo ashobora kwandika amateka mashya mu mupira w’amaguru, aho ashobora gukinana n’umuhungu we Cristiano Ronaldo Jr mu mwaka w’imikino utaha. Amakuru avuga ko …
Umuhanzi Peter Okoye yatangaje ko adateze kwiyunga n’impanga ye Paul Okoye, ayishinja kumugambanira mu bibazo byamaze imyaka myinshi. Yavuze ko we na mukuru wabo Jude …
Umugabo yatawe muri yombi akekwaho kwica undi mugabo w’imyaka 29 nyuma yo kumusanga ari kumwe n’umugore we mu buryo budakwiye. Ibi byabereye mu Murenge wa …
Imiryango 11 ituye mu Murenge wa Nkombo irasaba ubuyobozi bw’Akarere kubaha ingurane ku butaka bwabo bwahinduwe irimbi batabigizemo uruhare. Aba baturage bavuga ko kuva mu …
Uruganda Karex, rukora udukingirizo twinshi ku Isi, rwatangaje ko rugiye kuzamura ibiciro ku kigero cya 30% kubera ikibazo cy’ibikoresho gikomoka ku ntambara iri hagati ya …