Kwizera yafatiwe mu murima w’ibigori nyuma yo kwica se wabo i Rulindo agahungira mu karere ka Rusizi
Kwizera Bosco w’imyaka 27 washakishwaga n’Inzego z’umutekano zikorera mu Karere ka Rulindo akekwaho kwica se wabo witwa Mpamije Jean Marie Vianney, yafatiwe mu cyuho yiba …