Busta Rhymes ashaka kwimukira muri Nigeria akanashaka umugore
Umuririmbyi w’icyamamare mu njyana ya hip-hop wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Trevor Smith Jr uzwi ku izina rya Busta Rhymes, yatangaje ko atekereza …
Isoko y'Amakuru yizewe
Umuririmbyi w’icyamamare mu njyana ya hip-hop wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Trevor Smith Jr uzwi ku izina rya Busta Rhymes, yatangaje ko atekereza …
Umugore ukiri muto wamenyekanye ku mbuga nkoranyamba nk’uwari uhagarariye Micky mu bukwe bwe yavugisheje benshi nyuma yo kugaragara ku mbuga nkoranyambaga avuga ko Abanyarwanda bifitemo …
Umuhanzikazi Butera Knowless yasohoye indirimbo nshya yise “Ntacyo”, yakoreye mu Mujyi wa Dar es Salaam muri Tanzania, mbere gato y’amatora y’Umukuru w’Igihugu yabaye muri icyo …
APR FC yatsinze Gasogi United mu mukino wo ku mumsi wa 12 wa Rwanda Premier League 2025/2026 wakinwe kuri uyu wa Gatandatu saa kumi …
Nyuma y’aho AFC/M23 itangaje ko igiye gukura abarwanyi bayo mu Mujyi wa Uvira mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo, ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo …
Umusaza witwaga Bangamwabo Evariste wakomokaga mu karere ka Rulindo mu murenge wa Kisaro yasanzwe mu rugezi yapfuye kuri uyu wa kane mu karere ka Gicumbi, …
Umuturage witwa Niyonsenga Vestine utuye mu mudugudu wa Kanyempanga, akagari ka Bunyoni, mu murenge wa Kivumu ho mu karere ka Rutsiro avuga ko hashize igihe …
Abinyujije mu ndirimbo ye nshya yise “Indabo zanjye” The Ben yasubije Bruce Melodie wari umaze iminsi amushotoye mu yo yari aherutse gusohora yise “Munyakazi”. The …
Ikipe ikundwa na benshi muri Shampiyona y’u Rwanda, Rayon Sports yongeye kubona intsinzi nyuma yo gutsinda Gorilla FC, maze igira amanota 20, ndetse ihita ijya …
Abaturage bo mu Karere ka Gasabo, mu Murenge wa Jabana, Akagari ka Ngiryi, Umudugudu wa Nyange, baguye gitumo abasore babiri bari batetse inyama izindi bataraziteka …