Rulindo: Babangamiwe bikomeye nababacukurira imirima ku ngufu bavuga ko bashakamo zahabu
Bamwe mu batuye mu mirenge ya Base, Rukozo na Kinihira yo mu karere ka Rulindo barataka igihombo gikomeye batezwa n’abaza kubacukurira imirima ndetse bakangiriza imyaka …