Prophet Joshua na bagenzi be bafunguwe by’agateganyo
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwarekuye by’agateganyo Prophet Joshua n’abo bari bafunganywe, bategekwa kujya babwitaba buri cyumweru ndetse n’ibindi binyuranye. Kuri uyu wa 30 Ukuboza 2025 …
Isoko y'Amakuru yizewe
Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwarekuye by’agateganyo Prophet Joshua n’abo bari bafunganywe, bategekwa kujya babwitaba buri cyumweru ndetse n’ibindi binyuranye. Kuri uyu wa 30 Ukuboza 2025 …
Mukobwajana Asifiwe wamamaye nka Micky ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko hari abantu bakoze inama ndetse bifashisha n’abanyamakuru kugira ngo ubukwe bwe na AG Promoter bupfe. …
Umukunnyikazi wa filime, Mukobwajana Asifiwe wamamaye muri sinema Nyarwanda nka Micky yavuze ko hari abakobwa bamwandikira bamubwira ko bahoze ari abakunzi ba Ag Promoter bitegura …
Abaturiye isanteri ya Gashangiro iherereye mu kagari ka Kabeza ho mu murenge wa Cyuve, mu karere ka Musanze baravuga ko mu gitondo cyo kuri uyu …
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere abatuye mu mudugudu wa Bugibwa akagari ka Nyiravugiza, umurenge wa Manyagiro ho mu karere ka Gicumbi baravuga ko …
Bimwe mu byiza byo kurya ibijumba bigaragazwa na The Healthy; harimo gutuma umuyoboro ibiryo bicamo urushaho kumera neza bitewe n’uko bikungahaye kuri fibre aho nibura …
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 22 wo mu mudugudu wa Gisenyi mu kagari ka Mutsindo, umurenge wa Gashanda uherereye mu Karere ka Ngoma, birakekwa ko …
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere tariki ya 29 Ukuboza 2025 ni bwo Hakizimana Muhadjiri yafashe rutemikerere yerekeza mu gihugu cya Kenya aho agiye …
Umunyamideli w’icyamamare ku Isi, Gisele Bündchen, yashyingiranywe mu ibanga n’umukunzi we Joaquim Valente, nyuma y’amezi make bibarutse umwana wabo wa mbere. Uyu munyabrazil w’imyaka …
Umuhanzi Beyoncé Giselle Knowles-Carter wamamaye nka Beyoncé, yinjiye mu mubare w’abanyamuziki batunze umutungo ubarirwa muri miliyari y’Amadorali. Ibi byatangajwe na Forbes yandika ku bijyanye …