Ikipe y’Ingabo z’Igihugu yanganyije na Kiyovu Sports igumana umwanya wa kabiri
Ikipe ya APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda, yuzuza umukino wa gatatu wikurikiranya idatsinda. …
Isoko y'Amakuru yizewe
Ikipe ya APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda, yuzuza umukino wa gatatu wikurikiranya idatsinda. …
FC Saint Eloi Lupopo irakina na Al-Hilal SC kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 14 Gashyantare 2026 idafite abakinnyi batandatu. Abo ni Raphaël Olise, …
Abageni mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali bari bamaze gukora ubukwe, babuze inzu batahamo bajya kurara ku Biro by’Akagari ka Rwampara bitewe n’uko …
Nta kiruhuko cyo guterana amagambo hagati ya bamwe mu banyamakuru ba siporo mu Rwanda, aho kuri ubu abagezweho ari Imfurayacu Jean Luc wa B&B FM …
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Police FC igitego 1-0, igira amanota 32 ayishyira ku mwanya wa gatanu ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda igeze ku …
Kalisa Ernest wamamaye nka Samusure muri senema, wari umaze imyaka itatu yarahungiye muri Mozambique kubera amadeni arenga miliyoni 11 Frw yari abereyemo abantu batandukanye, yagarutse …
Byiringiro Innocent, umunyeshuri w’imyaka 17 wo mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi, akekwaho gutema no gukomeretsa abarimu babiri. Byabereye mu Mudugudu wa Muciro, …
Mwitende Abdoulkarim wamamaye mu rwenya hano mu Rwanda aho azwi nka Burikantu, yagaragaje ibyishimo yatewe no kuba yaguze imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz …
Ikipe ya Al-Hilal SC yongeye kuyobora Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo gutsinda APR FC ibitego 2-0 ikagira amanota 38 mu gihe Ikipe y’Ingabo yagumanye amanota …
Rayon Sports yari imaze imikino itanu nta ntsinzi ibona, yatsinze AS Kigali igitego 1-0, mu mukino w’Umunsi wa 18 wa Shampiyona y’u Rwanda, wabereye kuri …