Umuhanzi Kivumbi King yemera ko yahawe igihembo atari akwiriye
Kivumbi King yatangaje ko yemeranya na Bull Dogg uherutse kuvuga ko yahawe igikombe cy’umuraperi w’umwaka atagikwiye cyane ko adasanzwe akora iyi njyana. Mu minsi …
Isoko y'Amakuru yizewe
Kivumbi King yatangaje ko yemeranya na Bull Dogg uherutse kuvuga ko yahawe igikombe cy’umuraperi w’umwaka atagikwiye cyane ko adasanzwe akora iyi njyana. Mu minsi …
Umuhanzi w’Umunyamerika witwa Belcalis Marlenis Cephus, wamamaye mu muziki nka Cardi B, yemeje ko yamaze gutandukana n’umugabo we mushya, Stefon Diggs usanzwe ari umukinnyi w’umupira …
Kalisa Ernest wamamaye nka Samusure yateguje ubukwe bwe mu Ukuboza 2026, icyakora anifatira ku gahanga abakoresheje umwana we ngo amusebye mu gihe yari yaratorokeye muri …
Abasore babiri bo mu karere ka Burera, mu Murenge wa Cyanika bakubise Nteziyaremye Adrien, baramwica bamuziza kuryamana na mushiki wabo w’imyaka 25. Nteziyaremye yapfuye ku …
Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yakiriye ku mugaragaro igihembo yatsindiye muri HiPipo Music Awards cya 2025, aho yegukanye umwanya w’umuhanzi wakoze indirimbo nziza …
Ikipe ya Mukura yanganyije na Gasogi United igitego 1-1, mu mikino y’Umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda yabaye kuri iki Cyumweru, umukino wabereye kuri …
Album y’umuririmbyi ukomoka muri Nigeria, Rema, yise ‘Rave & Roses’, yaciye agahigo ko kuba iya mbere imaze igihe kinini yumvwa kuri Billboard mu cyiciro cy’abahanzi …
Mu minsi ishize Irunga Longin wamamaye nka Tukowote yemeje ko yamaze kwambika impeta inkumi bitegura kurushinga icyakora agerageza kumugira ibanga ndetse n’amafoto yasangije abamukurikira yirinze …
Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze FC Saint-Éloi Lupopo igitego 1-0, igera muri 1/4 cya CAF Champions League ku nshuro ya kabiri yikurikiranya. …
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2026, umugabo w’imyaka 27 wo mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Rusebeya, yakubiswe n’inkuba iramwica, uwo …