Umuhanzikazi Marina na Yvan Muziki bateguje ubukwe
Yvan Muziki na Marina baherutse kwiyemeza kurushinga bakiriye ku meza inshuti zabo mu mugoroba wo kwinegura wabereye muri Delight Hotel i Nyarutarama mu ijoro ryo …
Isoko y'Amakuru yizewe
Yvan Muziki na Marina baherutse kwiyemeza kurushinga bakiriye ku meza inshuti zabo mu mugoroba wo kwinegura wabereye muri Delight Hotel i Nyarutarama mu ijoro ryo …
Ikipe ya Al Merreikh yo muri Sudani ariko ikina Shampiyona y’u Rwanda yatangaje ko iri mu nzira zo kugirana imikoranire na APR FC. Iyi …
Umusaza w’imyaka 76 wo mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 13 amushukishije 5000 Frw. Ibi byabereye mu Mudugudu wa …
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buri guha amafaranga abasirikare b’igihugu na Wazalendo bahanganiye n’ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hagamijwe gukomeza intambara. …
Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika (CAF), yemeje ko imikino ya ¼ cya CAF Champions League izakoreshwamo ikoranabuhanga rya VAR, bivuze ko izifashishwa muri Stade Amahoro …
Umugabo w’imyaka 65 ndetse n’umwana we w’umuhungu w’imyaka icyenda bari batuye mu Karere ka Rwamagana, barohamye mu cyuzi gihangano barapfa, ubuyobozi bwongera gusaba abaturage kwirinda …
Minisiteri y’Ikoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo, Ministry of ICT and Innovation Rwanda (MINICT), yahakanye amakuru yari amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko urubuga …
Luwilight wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda, yabababariye umuhanzi Bebe Cool n’umugore we Zuena Kirema nyuma yo kumurega bigatuma afungwa aho bamushinjaga gutangaza amakuru …
APR FC yanganyije na Police FC igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 21 wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, Ikipe ya Polisi y’Igihugu yuzuza …
Perezida w’ihuriro ry’amashyaka riharanira Impinduka za Demokarasi (Forum for Democratic Change), Patrick Amuriat Oboi, yabwiye Bobi Wine w’ishyaka rya NUP kureka kwihisha, ibyo we yise …