Umuhanzikazi Tems yakuyeho agahigo ka Tyla kuri Spotify
Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi cyane ku izina rya Tems, yongeye kwandika amateka mu muziki wa Afurika nyuma yo kuba umuhanzi wa mbere …
Isoko y'Amakuru yizewe
Umuhanzikazi wo muri Nigeria, Temilade Openiyi uzwi cyane ku izina rya Tems, yongeye kwandika amateka mu muziki wa Afurika nyuma yo kuba umuhanzi wa mbere …
Yvan Muziki yemeje ko nyuma yo kumurika album ye ya mbere, hatahiwe iya Marina aherutse kwambika impeta bakiyemeza kubana nk’umugore n’umugabo. Yvan Muziki yabwiye …
Chairman wa APR FC, Brig Gen Deo Rusanganwa, yemeje ko umunyezamu wayo Ishimwe Pierre yagize imvune ikomeye izatuma amezi abiri atagaragara mu kibuga. Ishimwe …
Urwego rwa Shampiyona y’u Rwanda (Rwanda Premier League), rwakoze impinduka mu mikino imwe n’imwe, harimo uwa Al Hilal SC na Rayon Sports wakuwe saa Kumi …
Mu gitondo cyo kuwa 19 Gashyantare 2026, mu mudugudu wa Nyamabuye mu kagali ka Mabare mu murenge wa Rubona, Umukecuru witwa Kampundu Afisa ufite imyaka …
Guverinoma ya Uganda yatangaje ko abahanzi n’abakora ibihangano bitandukanye bagiye kujya bemererwa gukoresha uburenganzira ku bihangano byabo (copyright) nk’ingwate mu kwaka inguzanyo muri banki. …
Umutoza wa Mukura VS, Nshimiyimana Canisius, yatangaje ko gutsindwa na Rayon Sports ibitego 2-1, habayemo ukuboko k’umusifuzi w’umukino Uwikunda Samuel, nk’uko uyu mukino wahije aya …
Rayon Sports yatsinze Mukura VS ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa 21 wa Shampiyona y’u Rwanda, ifata umwanya wa gatanu n’amanota 35 biyiha icyizere cyo …
Alexandra Daddario uri mu bakomeye mu ruganda rwa sinema muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatandukanye n’umugabo we, Andrew Form. TMZ yatangaje ko gutandukana …
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi, ku bufatanye n’inzego bakorana bataye muri yombi abantu bane bakoraga ubucukuzi butemewe bw’amabuye y’agaciro bakanagaragara mu bikorwa …