Mu burengerazuba bwa Uganda, ubwato bwari butwaye abantu bari hagati ya 35 na 40 bwiyubitse ku mugezi wa Nguse, hafi y’Lake Albert.
Iyi mpanuka yabaye ku wa 28 Mata 2026, aho kugeza ubu hamaze kuboneka umuntu umwe warokotse, mu gihe abandi benshi baburiwe irengero.
Polisi ikomeje ibikorwa byo gushakisha no gutabara, mu gihe hakekwa ko kurenza ubushobozi bw’ubwato no kugenda nijoro ari byo byateye iyi mpanuka.