Khloé Kardashian yahishuye igihe gishize ataryamana n’umugabo
Khloé Kardashian yatangaje ko ataterwa isoni no kuvuga ko amaze igihe kirekire cyane atararyamana n’umugabo. Uyu mugore w’imyaka 41, ufite abana babiri, yavuze ko kugeza …
Isoko y'Amakuru yizewe
Khloé Kardashian yatangaje ko ataterwa isoni no kuvuga ko amaze igihe kirekire cyane atararyamana n’umugabo. Uyu mugore w’imyaka 41, ufite abana babiri, yavuze ko kugeza …
DJ Cuppy wamamaye mu kuvanga imiziki ukomoka muri Nigeria, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gufata ikiruhuko ku mbuga nkoranyambaga, ku buryo azamara igihe atazikoresha. …
Yampano yahishuye ko mu gihe hajyaga hanze amashusho ye ari gutera akabariro n’umukobwa babanaga, yahise ahitamo kumusiga baratandukana, biba bibi kurushaho ubwo yapfushaga umwana mu …
Mu ijoro ryo ku wa 2 Mutarama 2026 nibwo Shenseea yageze i Kigali akubutse muri Nigeria akaba yitabiriye igitaramo azahuriramo n’abarimo Mavado ku wa 3 …
Mukobwajana Asifiwe wamamaye nka Micky ku mbuga nkoranyambaga yavuze ko hari abantu bakoze inama ndetse bifashisha n’abanyamakuru kugira ngo ubukwe bwe na AG Promoter bupfe. …
Umukunnyikazi wa filime, Mukobwajana Asifiwe wamamaye muri sinema Nyarwanda nka Micky yavuze ko hari abakobwa bamwandikira bamubwira ko bahoze ari abakunzi ba Ag Promoter bitegura …
Umunyamideli w’icyamamare ku Isi, Gisele Bündchen, yashyingiranywe mu ibanga n’umukunzi we Joaquim Valente, nyuma y’amezi make bibarutse umwana wabo wa mbere. Uyu munyabrazil w’imyaka …
Umuhanzi Beyoncé Giselle Knowles-Carter wamamaye nka Beyoncé, yinjiye mu mubare w’abanyamuziki batunze umutungo ubarirwa muri miliyari y’Amadorali. Ibi byatangajwe na Forbes yandika ku bijyanye …
Intambara y’amagambo yongeye kubura hagati ya Bruce Melodie na The Ben washyize hanze indirimbo yise “Indabo zanjye”. Hakaba hari hashize iminsi n’ubundi aba bahanzi bacyocyorana. …
Igitaramo cya Israel Mbonyi cyari giteganyijwe i Rubavu kuwa Kane, taliki ya 1 Mutarama 2026 cyasubitswe habura iminsi mike ngo kibe, ndetse bikavugwa ko abaguze …