Ibyishimo ni byose ku munyarwenya Burikantu wakoze ibyananiye abandi
Mwitende Abdoulkarim wamamaye mu rwenya hano mu Rwanda aho azwi nka Burikantu, yagaragaje ibyishimo yatewe no kuba yaguze imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz …
Isoko y'Amakuru yizewe
Mwitende Abdoulkarim wamamaye mu rwenya hano mu Rwanda aho azwi nka Burikantu, yagaragaje ibyishimo yatewe no kuba yaguze imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz …
Nyuma y’imyaka itatu atorokeye i Maputo muri Mozambique, Kalisa Ernest wamamaye nka Samusure agiye gutaha i Kigali, kuko yakemuye byinshi mu bibazo byiganjemo amadeni yari …
Abareberera inyungu za Bwiza witegura kumurika album ye ya gatatu yise ‘Home’ bateguje ibitaramo bizenguruka Isi ateganya gukora guhera muri Werurwe 2026. Uhujimfura Jean …
Umuraperi Curtis Jackson wamamaye nka 50 Cent, yatangaje ko yirinda cyane kwivanga mu by’amadini no muri politiki, avuga ko ari byo byagize ingaruka mbi ku …
Umuhanzi ukomoka muri Nigeria, David Adedeji Adeleke OON uzwi nka Davido, yahombye arenga Miliyoni 70 z’Amanyarwanda kubera gutega ku mukino wa Morocco na Nigeria mu …
Umuraperi w’Umunyamerika A$AP Rocky yatangaje ko umubyeyi we, Renee Black, ari umwe mu bamushishikarije gukundana na Rihanna kera cyane, mbere y’uko bombi bakundana. Mu …
Umukinnyi wa filime, Uwihoreye Jean Bosco wamamaye nka Ndimbati muri sinema Nyarwanda ari mu gahinda nyuma y’uko nyina umubyara yitabye Imana kuri uyu wa 14 …
Umuhanzi mpuzamahanga w’umunya-Uganda, Eddy Kenzo yagaragaje igice cy’ubuzima bwe abantu benshi batari bazi, atangaza ko ubu yasubiye ku ntebe y’ishuri binyuze mu mashuri y’abakuze, aho …
Nyuma y’aho AG Promoter asezeranye imbere y’amategeko na Micky bakiyemeza kubana nk’umugore n’umugabo, uyu mugore yakorewe ibirori byo gusezera ku rungano bizwi nka ‘Bridal Shower’. …
Niyitegeka Gratien benshi bazi nka Seburikoko, Papa Sava n’andi menshi bitewe na filime yagiye akina, ari mu myiteguro yo gusohora inshya yise ‘What a day’ …