AFC/M23 ntizava mu bindi bice yafashe
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko nyuma y’Umujyi wa Uvira, ridateze kuva mu bindi bice rigenzura mu Ntara ya …
Isoko y'Amakuru yizewe
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ryatangaje ko nyuma y’Umujyi wa Uvira, ridateze kuva mu bindi bice rigenzura mu Ntara ya …
Ikipe ya Rayon Sports yanganyije na Mukura VS igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 15 wa Rwanda Premier League wabereye i Muhanga, yuzuza imikino ine …
Ikipe ya Gasogi United FC yagiranye imikoranire n’ikigo cy’ishoramari cya Jayrutty Investment cyo muri Tanzania, kizayiha miliyoni 1$ [arenga miliyari 1.4 Frw] n’imyambaro mu gihe …
Umuraperi Curtis Jackson wamamaye nka 50 Cent, yatangaje ko yirinda cyane kwivanga mu by’amadini no muri politiki, avuga ko ari byo byagize ingaruka mbi ku …
Polisi y’u Rwanda (RNP) yataye muri yombi umugabo w’imyaka 56 n’umugore w’imyaka 65 nyuma yo gukekwaho icyaha cyo gutanga ruswa ku nzego z’umutekano y’ibihumbi 50 …
Abanyerondo batatu bo mu Karere ka Gatsibo bo mu Murenge wa Kabarore, bari guhigishwa uruhindu nyuma yo gukubita umugabo w’imyaka 50 bikekwa ko yari yibye …
Nyuma y’umukino APR FC yanganyijemo na Al Merrikh SC 0-0, abafana b’iyi Kipe y’Ingabo z’Igihugu banze gusohoka muri Stade Amahoro nyuma yo kutemeranya n’ibyemezo by’abasifuzi, …
Nyuma y’amakuru yavugaga ko yagiye kwita ku mubyeyi we iwabo mu Bufaransa, umutoza wa Rayon Sports Bruno Ferry yageze mu Rwanda mu gitondo cyo kuri …
Polisi ya Uganda yatangaje ko abantu barindwi bapfiriye mu bikorwa by’urugomo byabaye mu ijoro ryakurikiye amatora. Ni urugomo rwabereye mu Mujyi wa Butambala uri …
Umuhanzi ukomoka muri Nigeria, David Adedeji Adeleke OON uzwi nka Davido, yahombye arenga Miliyoni 70 z’Amanyarwanda kubera gutega ku mukino wa Morocco na Nigeria mu …