Karongi: Umunyeshuri akurikiranyweho gutema abarimu
Byiringiro Innocent, umunyeshuri w’imyaka 17 wo mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi, akekwaho gutema no gukomeretsa abarimu babiri. Byabereye mu Mudugudu wa Muciro, …
Isoko y'Amakuru yizewe
Byiringiro Innocent, umunyeshuri w’imyaka 17 wo mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi, akekwaho gutema no gukomeretsa abarimu babiri. Byabereye mu Mudugudu wa Muciro, …
Mwitende Abdoulkarim wamamaye mu rwenya hano mu Rwanda aho azwi nka Burikantu, yagaragaje ibyishimo yatewe no kuba yaguze imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz …
Ikipe ya Al-Hilal SC yongeye kuyobora Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo gutsinda APR FC ibitego 2-0 ikagira amanota 38 mu gihe Ikipe y’Ingabo yagumanye amanota …
Rayon Sports yari imaze imikino itanu nta ntsinzi ibona, yatsinze AS Kigali igitego 1-0, mu mukino w’Umunsi wa 18 wa Shampiyona y’u Rwanda, wabereye kuri …
Nyuma y’imyaka itatu atorokeye i Maputo muri Mozambique, Kalisa Ernest wamamaye nka Samusure agiye gutaha i Kigali, kuko yakemuye byinshi mu bibazo byiganjemo amadeni yari …
Imikino ibiri y’Umunsi wa 18 wa Shampiyona; uwo Gasogi United izakiramo APR FC n’uwo AS Kigali izakiramo Rayon Sports yahinduriwe amasaha kubera ikibazo cy’amatara kitarakemuka …
Abakinnyi ba Rayon Sports banze gukora imyitozo yo kuri uyu wa Gatandatu kubera ibirarane by’imishahara y’amezi abiri ikipe yabo ibafitiye. Gikundiro iheruka mu kibuga …
Al Hilal yo muri Sudani yatsinze Mamelodi Sundowns yo muri Afurika y’Epfo, ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa Kane wa CAF Champions League watumye iyi …
Ikipe ya APR FC yatsinze AS Kigali ibitego 3-0 bya Hakim Kiwanuka, William Togui na Ruboneka Jean Bosco, igera ku mukino wa nyuma w’Igikombe cy’Intwari …
Abareberera inyungu za Bwiza witegura kumurika album ye ya gatatu yise ‘Home’ bateguje ibitaramo bizenguruka Isi ateganya gukora guhera muri Werurwe 2026. Uhujimfura Jean …