KNC yarahiriye gusezerera APR FC yifashishije abana
Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yatangaje ko azasezerera APR FC yifashishije abakinnyi bakiri bato, mu mikino ya ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro. Gasogi …
Isoko y'Amakuru yizewe
Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yatangaje ko azasezerera APR FC yifashishije abakinnyi bakiri bato, mu mikino ya ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro. Gasogi …
Nomhlekhabo Ayanda Ngoma-Seitei wamenyekanye nka DJ Ayanda akaba umuhanga mu kuvanga imiziki, ategerejwe i Kigali mu gitaramo akorera ahitwa muri ‘Green Lounge’ ku wa gatanu …
U Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere ahi litiro ya lisansi yagumye kuri 1.989 Frw mu …
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje abarwanyi kabuhariwe hafi y’Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Bangoka, i Kisangani muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugira ngo bahagabe ibitero …
Uwayezu Jean Fidèle wabaye Perezida wa Rayon Sports yagaragaje ishusho y’uko imiyoborere yayo ikwiriye kuba imeze, ndetse ko ari ikipe ikwiriye abayobozi badakorera “inda zabo”. …
Abakozi b’Akarere ka Karongi kuva ku bakorera mu kagari kugeza ku karere, bamaze igihe kirenga umwaka badahabwa amazi n’amata mu kazi, umwanzuro wafashwe kugira ngo …
Wizkid yaciye agahigo, aba umuhanzi w’Umunyafurika ucuruza cyane kurusha abandi nk’uko bigaragara ku rutonde rw’abahanzi bacuruza kurusha abandi ku Isi ku rubuga rwa ChartMasters. …
Rahman Jago, inshuti ya hafi cyane y’umuririmbyi w’icyamamare Burna Boy, yatangaje ko uyu muhanzi yamaze guhindura idini, yinjira muri Islam. Rahman Jago aherutse gusangiza …
Kuri uyu wa 28 Gashyantare 2026, inzego z’umutekano zataye muri yombi, umugore bivugwa ko asanzwe akora umwuga w’uburaya wo mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa …
Abanyeshuri biga mu Ishuri rya Rucura ryo mu murenge wa Mutuntu mu Karere ka Karongi buri ku wa Gatatu nyuma ya saa Sita bajya gutunda …