APR FC yuteguye Rayon Sports ititaye ku bakinnyi karundura imaze iminsi imanura
Abakinnyi ba APR FC bagaragaje uko biteguye Rayon Sports FC bafitanye umukino ukomeye, bagaragaza ko batitaye ku bakinnyi bashya yaguze kuko “bashobora kuba boroshye”. …
Isoko y'Amakuru yizewe
Abakinnyi ba APR FC bagaragaje uko biteguye Rayon Sports FC bafitanye umukino ukomeye, bagaragaza ko batitaye ku bakinnyi bashya yaguze kuko “bashobora kuba boroshye”. …
Umutoza wa Tottenham Hotspur, Thomas Frank, yagaragaye ari kunywera ikawa mu gikombe cya mukeba wayo Arsenal, biteza induru mu bafana ariko avuga ko atari ikigoryi …
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba yatangaje ko yarashe uwitwa Dukuzumuremyi Eric, wakekwagaho ubujura no kwica umumotari wakoreraga mu karere ka Kirehe. Dukuzumuremyi yarashwe …
Niyonzima Olivier bakunda kwita Seif ukina mu kibuga hagati yemeranyije na Rayon Sports gutandukana ku bwumvikane, mu gihe iyi kipe iri gushaka uko itiza myugariro …
Rayon Sports yatandukanye na rutahizamu uca ku mpande, Harerimana Abdelaziz ‘Rivaldo’, nyuma y’uko iyi kipe yifuzaga kumutiza ariko we ntabikozwe. Rivaldo ni umwe mu …
DJ Cuppy wamamaye mu kuvanga imiziki ukomoka muri Nigeria, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gufata ikiruhuko ku mbuga nkoranyambaga, ku buryo azamara igihe atazikoresha. …
Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatunguwe ku munota wa nyuma itsindwa na Algeria igitego 1-0, mu mukino wabaye kuri uyu wa …
Ikipe ya Rayon Sports ishobora gutandukana na Pavel Ndzila, Adama Bagayogo, Harerimana Abdulaziz uzwi nka ‘Rivaldo’ na Niyonzima Olivier ‘Seif’ batanagaragaye mu myitozo yo kuri …
Imodoka ya minibus itwara abagenzi mu buryo bwa rusange yakoreye impanuka ubwo yari igeze mu Karere ka Kamonyi, mu Murenge wa Rugarika, ahazwi nko mu …
Mu mukino wabaye kuri uyu wa Mbere wabereye ku kibuga cya Complexe sportif de Fès, uhuza Ikipe y’Igihugu ya Nigeria n’Ikipe y’Igihugu ya Mozambique mu …