March 7, 2026

Murera yongeye kubona intsinzi bituma yicuma ku rutonde rwa Shampiyona

Ikipe ikundwa na benshi muri Shampiyona y’u Rwanda, Rayon Sports yongeye kubona intsinzi nyuma yo gutsinda Gorilla FC, maze igira amanota 20, ndetse ihita ijya ku mwanya wa kane ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda nyuma y’imikino 12 imaze gukina.

 

Mu mukino wabaye kuri uyu wa Gatanu taliki 19 Ukuboza 2025 aho umutoza mushya wa Rayon Sports, Bruno Ferrry, ukomoka mu gihugu cy’ubufaransa ari mu barebye uyu mukino.

 

Umukinnhi witwaye neza kurusha abandi yabaye Ndayishimiye Richard wa Rayon Sports, ahabwa ibihumbi 100 Frw.

 

Umukino wabanjirije uyu wahuje AS Kigali na Bugesera FC warangiye ari 0-0. Gorilla FC yo ikaba iri ku mwanya wa 10 n’amanota 15.

DORE UKO URUTONDE RW’AGATEGANYO RUHAGAZE KUGEZA UBU