Mu minsi ishize Irunga Longin wamamaye nka Tukowote yemeje ko yamaze kwambika impeta inkumi bitegura kurushinga icyakora agerageza kumugira ibanga ndetse n’amafoto yasangije abamukurikira yirinze kumugaragaza mu maso.
Mu minsi ishize Irunga Longin wamamaye nka Tukowote, yemeje ko yamaze kwambika impeta inkumi bitegura kurushinga icyakora amugira ibanga ndetse n’amafoto yasangije abamukurikira yirinze kumugaragaza mu maso.
Kuri uyu wa 14 Gashyantare 2026 umukobwa witwa Kibasumba Mico Trichia yasangije abamukurikira amafoto yafotowe ku munsi yambikiweho impeta bihita byemeza nta gushidikanya ko ariwe.
