Umuhanzi Peter Okoye yatangaje ko adateze kwiyunga n’impanga ye Paul Okoye, ayishinja kumugambanira mu bibazo byamaze imyaka myinshi.
Yavuze ko we na mukuru wabo Jude Okoye bagize uruhare mu kumwambura amafaranga mu gihe bari bagize itsinda rya P Square.
Iki kibazo kiri mu nkiko zo muri Nigeria, ndetse Mr P ashimangira ko n’imbabazi zitahita zisubiza umubano wabo.