Leta ya RDC yanyanyagije amafaranga mu basirikare bayo na Wazalendo bari ku rugamba
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo buri guha amafaranga abasirikare b’igihugu na Wazalendo bahanganiye n’ihuriro AFC/M23 mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo, hagamijwe gukomeza intambara. …