Yago Pondat Ari mu Bitaro Nyuma yo Gukora Impanuka Muri Uganda
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago Pondat, ari kwitabwaho n’abaganga nyuma yo gukora impanuka ikomeye mu gihugu cya Uganda aho asigaye atuye. …
Isoko y'Amakuru yizewe
Umuhanzi akaba n’umunyamakuru Nyarwaya Innocent uzwi nka Yago Pondat, ari kwitabwaho n’abaganga nyuma yo gukora impanuka ikomeye mu gihugu cya Uganda aho asigaye atuye. …
Igitaramo cy’umuraperi w’Umunyamerika Kanye West, uzwi cyane nka Ye, cyari giteganyijwe kubera muri Pologne cyahagaritswe nyuma y’impaka zikomeye zatewe n’imvugo n’ibikorwa bye byibasira Abayahudi. Kwamamaza …
Bruce Melodie umaze iminsi i Burayi aho yanakoreye igitaramo ku wa 7 Werurwe 2026, ari gukorana umushinga w’indirimbo na Oxlade wamamaye mu ndirimbo nka ‘KU …
Ayra Starr uri mu bahanzi bagezweho muri Nigeria, yavuze ko Wizkid, Tiwa Savage na Rema ari bo bayoboye abandi bahanzi bakora injyana ya Afrobeat. …
Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Coach Gael yateguje irushanwa ry’abanyempano mu muziki agiye gukora binyuze muri 1:55 AM Ltd ndetse banafatanyije na KIKAC Music isanzwe ifasha …
Bwiza umaze iminsi i Burayi aho ategerejwe mu gitaramo cyo kwifatanya n’Abanyarwanda bahatuye kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abagore, yakiriwe na Ambasaderi Diane Gashumba. Uyu …
Nomhlekhabo Ayanda Ngoma-Seitei wamenyekanye nka DJ Ayanda akaba umuhanga mu kuvanga imiziki, ategerejwe i Kigali mu gitaramo akorera ahitwa muri ‘Green Lounge’ ku wa gatanu …
Wizkid yaciye agahigo, aba umuhanzi w’Umunyafurika ucuruza cyane kurusha abandi nk’uko bigaragara ku rutonde rw’abahanzi bacuruza kurusha abandi ku Isi ku rubuga rwa ChartMasters. …
Rahman Jago, inshuti ya hafi cyane y’umuririmbyi w’icyamamare Burna Boy, yatangaje ko uyu muhanzi yamaze guhindura idini, yinjira muri Islam. Rahman Jago aherutse gusangiza …
Shaddyboo yifashishije indirimbo ‘Ishiraniro’ ya Fashaho Phocas ariko yasubiwemo na Daddy Cassanova agenera ubutumwa Bad Rama, amwibutsa ko adakwiye gutwarwa n’ibyo abonye muri Amerika ngo …