Umuhanzikazi Marina na Yvan Muziki bateguje ubukwe
Yvan Muziki na Marina baherutse kwiyemeza kurushinga bakiriye ku meza inshuti zabo mu mugoroba wo kwinegura wabereye muri Delight Hotel i Nyarutarama mu ijoro ryo …
Isoko y'Amakuru yizewe
Yvan Muziki na Marina baherutse kwiyemeza kurushinga bakiriye ku meza inshuti zabo mu mugoroba wo kwinegura wabereye muri Delight Hotel i Nyarutarama mu ijoro ryo …
Luwilight wamenyekanye cyane ku mbuga nkoranyambaga muri Uganda, yabababariye umuhanzi Bebe Cool n’umugore we Zuena Kirema nyuma yo kumurega bigatuma afungwa aho bamushinjaga gutangaza amakuru …
DJ Pius umaze iminsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ategerejwe mu gitaramo agiye guhuriramo n’umuhanga mu kuvanga imiziki mu Bwongereza DJames, uyu akaba anaherutse …
Mike Habinshuti wamenyekanye cyane nk’umujyanama wa Bruce Melodie akongera kuvugwa cyane mu minsi ishize ubwo yashyirwaga mu buyobozi bwa Rayon Sports yatawe muri yombi. …
Umuririmbyi w’injyana ya Afrobeats, Simisola Kosoko uzwi nka Simi, yateje impaka zikomeye mu bitangazamakuru no ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo gusaba ko abagabo basambanya abana …
Umuraperi Lil Poppa wari mu bari batangiye kuzamuka neza mu muziki wa Amerika, yitabye Imana afite imyaka 25. Lil Poppa yapfuye ku wa 18 …
Kivumbi King yatangaje ko yemeranya na Bull Dogg uherutse kuvuga ko yahawe igikombe cy’umuraperi w’umwaka atagikwiye cyane ko adasanzwe akora iyi njyana. Mu minsi …
Umuhanzi w’Umunyamerika witwa Belcalis Marlenis Cephus, wamamaye mu muziki nka Cardi B, yemeje ko yamaze gutandukana n’umugabo we mushya, Stefon Diggs usanzwe ari umukinnyi w’umupira …
Kalisa Ernest wamamaye nka Samusure yateguje ubukwe bwe mu Ukuboza 2026, icyakora anifatira ku gahanga abakoresheje umwana we ngo amusebye mu gihe yari yaratorokeye muri …
Umuhanzi Mugisha Benjamin wamamaye nka The Ben yakiriye ku mugaragaro igihembo yatsindiye muri HiPipo Music Awards cya 2025, aho yegukanye umwanya w’umuhanzi wakoze indirimbo nziza …