Al-Hillal SC yandagaje Amagaju FC iyanyagira imvura y’ibitego
Amagaju FC yanyagiwe na AL-Hilal SC ibitego 8-0, mu mukino w’Umunsi wa 15 wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, mu ijoro ryo …
Isoko y'Amakuru yizewe
Amagaju FC yanyagiwe na AL-Hilal SC ibitego 8-0, mu mukino w’Umunsi wa 15 wa Shampiyona y’u Rwanda wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, mu ijoro ryo …
Police FC yanganyije na Kiyovu Sports 0-0 mu mukino w’Umunsi wa 17 wa Shampiyona, amakipe yombi asoza Imikino ibanza. Ikipe ya Polisi y’Igihugu yagumye …
Ikipe ya APR FC izwi nk’ikipe y’Ingabo z’Igihugu yaraye ihaye abakunzi bayo ibyishimo bisendereye nyuma yo ngutsinda Rayon Sports ibitego 4-1, maze yegukana FERWAFA Super …
Rutahizamu w’Ikipe ya Arsenal ukina anyuze mu mpande, Bukayo Saka, yemereye iyi kipe kuyongerera amasezerano azamugeza mu 2031. Bukayo Saka ni umwe mu bakinnyi …
Mu kiganiro umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yahaye abanyamakuru, yatangaje ko yanyuzwe n’abakinnyi bashya iyi kipe yaguze muri Mutarama 2026, ndetse bizeye kwitwara neza. …
Abakinnyi ba APR FC bagaragaje uko biteguye Rayon Sports FC bafitanye umukino ukomeye, bagaragaza ko batitaye ku bakinnyi bashya yaguze kuko “bashobora kuba boroshye”. …
Umutoza wa Tottenham Hotspur, Thomas Frank, yagaragaye ari kunywera ikawa mu gikombe cya mukeba wayo Arsenal, biteza induru mu bafana ariko avuga ko atari ikigoryi …
Niyonzima Olivier bakunda kwita Seif ukina mu kibuga hagati yemeranyije na Rayon Sports gutandukana ku bwumvikane, mu gihe iyi kipe iri gushaka uko itiza myugariro …
Rayon Sports yatandukanye na rutahizamu uca ku mpande, Harerimana Abdelaziz ‘Rivaldo’, nyuma y’uko iyi kipe yifuzaga kumutiza ariko we ntabikozwe. Rivaldo ni umwe mu …
Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatunguwe ku munota wa nyuma itsindwa na Algeria igitego 1-0, mu mukino wabaye kuri uyu wa …