Gasogi United na Mukura VS zaguye miswi
Ikipe ya Mukura yanganyije na Gasogi United igitego 1-1, mu mikino y’Umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda yabaye kuri iki Cyumweru, umukino wabereye kuri …
Isoko y'Amakuru yizewe
Ikipe ya Mukura yanganyije na Gasogi United igitego 1-1, mu mikino y’Umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda yabaye kuri iki Cyumweru, umukino wabereye kuri …
Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze FC Saint-Éloi Lupopo igitego 1-0, igera muri 1/4 cya CAF Champions League ku nshuro ya kabiri yikurikiranya. …
Ikipe ya APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda, yuzuza umukino wa gatatu wikurikiranya idatsinda. …
FC Saint Eloi Lupopo irakina na Al-Hilal SC kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 14 Gashyantare 2026 idafite abakinnyi batandatu. Abo ni Raphaël Olise, …
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Police FC igitego 1-0, igira amanota 32 ayishyira ku mwanya wa gatanu ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda igeze ku …
Ikipe ya Al-Hilal SC yongeye kuyobora Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo gutsinda APR FC ibitego 2-0 ikagira amanota 38 mu gihe Ikipe y’Ingabo yagumanye amanota …
Rayon Sports yari imaze imikino itanu nta ntsinzi ibona, yatsinze AS Kigali igitego 1-0, mu mukino w’Umunsi wa 18 wa Shampiyona y’u Rwanda, wabereye kuri …
Imikino ibiri y’Umunsi wa 18 wa Shampiyona; uwo Gasogi United izakiramo APR FC n’uwo AS Kigali izakiramo Rayon Sports yahinduriwe amasaha kubera ikibazo cy’amatara kitarakemuka …
Abakinnyi ba Rayon Sports banze gukora imyitozo yo kuri uyu wa Gatandatu kubera ibirarane by’imishahara y’amezi abiri ikipe yabo ibafitiye. Gikundiro iheruka mu kibuga …
Al Hilal yo muri Sudani yatsinze Mamelodi Sundowns yo muri Afurika y’Epfo, ibitego 2-1 mu mukino w’Umunsi wa Kane wa CAF Champions League watumye iyi …