Ikipe ya Police FC yanganyije na APR FC ikomeza gukumbura intsinzi
APR FC yanganyije na Police FC igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 21 wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, Ikipe ya Polisi y’Igihugu yuzuza …
Isoko y'Amakuru yizewe
APR FC yanganyije na Police FC igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 21 wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pelé Stadium, Ikipe ya Polisi y’Igihugu yuzuza …
Kimenyi Yves wabaye umunyezamu ukomeye mu Rwanda yasezeye gukina ruhago nk’uwabigize umwuga afite imyaka 34. Mu butumwa burebure yashyize ku mbuga nkoranyambaga ze, Kimenyi …
Umunyezamu wa APR FC, Ishimwe Pierre, wagize imvune mu mukino wahuje Ikipe y’Ingabo z’Igihugu na Gasogi United FC, agiye kumara amezi atatu atagaragara mu kibuga. …
Hagiye gushira ibyumweru bitandatu hagaragaye ikibazo cy’amatara kuri Kigali Pelé Stadium ku buryo idashobora gukinirwaho umukino wa nijoro, ndetse birasa n’aho nta gisubizo cyabyo kizaboneka …
Ikipe ya Mukura yanganyije na Gasogi United igitego 1-1, mu mikino y’Umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda yabaye kuri iki Cyumweru, umukino wabereye kuri …
Al Hilal SC yo muri Sudani yatsinze FC Saint-Éloi Lupopo igitego 1-0, igera muri 1/4 cya CAF Champions League ku nshuro ya kabiri yikurikiranya. …
Ikipe ya APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda, yuzuza umukino wa gatatu wikurikiranya idatsinda. …
FC Saint Eloi Lupopo irakina na Al-Hilal SC kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 14 Gashyantare 2026 idafite abakinnyi batandatu. Abo ni Raphaël Olise, …
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Police FC igitego 1-0, igira amanota 32 ayishyira ku mwanya wa gatanu ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda igeze ku …
Ikipe ya Al-Hilal SC yongeye kuyobora Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo gutsinda APR FC ibitego 2-0 ikagira amanota 38 mu gihe Ikipe y’Ingabo yagumanye amanota …