Rutsiro: Uwari umwanditsi w’ikimina yimanitse mu kiziriko cy’ihene kubera amafaranga 800,000frws
Habiyaremye Pascal yasanzwe mu bwogero amanikishije ikiziriko cy’ihene yapfuye hakekwa ko yiyahuye kubera amafaranga y’u Rwanda 1 800 000 yari abereyemo ikimina, kubyakira bikanga agahitamo …