Gicumbi: Umugabo yagiye gusambana mu rugo rw’abandi ahasiga ubuzima
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere abatuye mu mudugudu wa Bugibwa akagari ka Nyiravugiza, umurenge wa Manyagiro ho mu karere ka Gicumbi baravuga ko …
Isoko y'Amakuru yizewe
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere abatuye mu mudugudu wa Bugibwa akagari ka Nyiravugiza, umurenge wa Manyagiro ho mu karere ka Gicumbi baravuga ko …
Umusore uri mu kigero cy’imyaka 22 wo mu mudugudu wa Gisenyi mu kagari ka Mutsindo, umurenge wa Gashanda uherereye mu Karere ka Ngoma, birakekwa ko …
Bamwe mu batuye mu mirenge ya Base, Rukozo na Kinihira yo mu karere ka Rulindo barataka igihombo gikomeye batezwa n’abaza kubacukurira imirima ndetse bakangiriza imyaka …
Abaturage bo mu kagari ka Nkanga, umurenge wa Sake wo mu Karere ka Ngoma basanze umugabo wari usanzwe asoresha yaguye mu mwobo wahoze ari ubwiherero …
Bamwe mu bagore bo mu murenge wa Mugesera ho mu karere ka Ngoma baravuga ko bababajwe n’amagambo yavuzwe n’umuyobozi wungirije w’inama y’igihugu y’abagore ku rwego …
Bmamwe mu baturage bo mu kagari ka Sure, umurenge wa Mushubati ho mu karere ka Rutsiro bavuga ko bahangayikishijwe na bamwe muri bagenzi babo batitabira …
Ahazwi nko ku Buhanda, mu murenge wa Kinihira w’akarere ka Ruhango haravugwa inkuru y’umukobwa w’imyaka 26 wapfiriye mu rugo rw’umusore w’imyaka 46 witwa Habyarimana Jean …
Bamwe mu baturage bo mu murenge wa Nyagisozi wo mu karere ka Nyanza barinubira ibitangire ya serivisi bahabwa n’umukozi ushinzwe irangamimerere bakavuga ko arangwa n’itonesha …
Umwana w’imyaka 12 aravugwaho gukubita mugenzi we w’imyaka 11 ikofe muri nyiramivumbi bapfuye amazi arimo “super dip”, agahita yikubita hasi bikarangira ubuzima bwe burangiriye aho. …
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Rwaniro ho mu karere ka Huye yatawe muri yombi akekwaho icyaha cyo kudatabara uri mu kaga, aho asanze n’abandi bayobozi batatu …