Ruhango: Umukobwa w’imyaka 26 yaraye mu rugo rw’umusore barara batera akabariro bucya yapfuye
Ahazwi nko ku Buhanda, mu murenge wa Kinihira w’akarere ka Ruhango haravugwa inkuru y’umukobwa w’imyaka 26 wapfiriye mu rugo rw’umusore w’imyaka 46 witwa Habyarimana Jean …