Karongi: Abakozi b’akarere bavaniweho amazi n’amata bahabwaga
Abakozi b’Akarere ka Karongi kuva ku bakorera mu kagari kugeza ku karere, bamaze igihe kirenga umwaka badahabwa amazi n’amata mu kazi, umwanzuro wafashwe kugira ngo …
Isoko y'Amakuru yizewe
Abakozi b’Akarere ka Karongi kuva ku bakorera mu kagari kugeza ku karere, bamaze igihe kirenga umwaka badahabwa amazi n’amata mu kazi, umwanzuro wafashwe kugira ngo …
Kuri uyu wa 28 Gashyantare 2026, inzego z’umutekano zataye muri yombi, umugore bivugwa ko asanzwe akora umwuga w’uburaya wo mu Karere ka Kayonza, Umurenge wa …
Mu gitondo cyo kuwa 19 Gashyantare 2026, mu mudugudu wa Nyamabuye mu kagali ka Mabare mu murenge wa Rubona, Umukecuru witwa Kampundu Afisa ufite imyaka …
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Karere ka Karongi, ku bufatanye n’inzego bakorana bataye muri yombi abantu bane bakoraga ubucukuzi butemewe bw’amabuye y’agaciro bakanagaragara mu bikorwa …
Umusaza w’imyaka 76 wo mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri yombi akekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 13 amushukishije 5000 Frw. Ibi byabereye mu Mudugudu wa …
Umugabo w’imyaka 65 ndetse n’umwana we w’umuhungu w’imyaka icyenda bari batuye mu Karere ka Rwamagana, barohamye mu cyuzi gihangano barapfa, ubuyobozi bwongera gusaba abaturage kwirinda …
Minisiteri y’Ikoranabuhanga mu Itumanaho na Inovasiyo, Ministry of ICT and Innovation Rwanda (MINICT), yahakanye amakuru yari amaze iminsi akwirakwira ku mbuga nkoranyambaga avuga ko urubuga …
Ikamyo yari itwaye abakozi ibajyanye mu mirimo yo gusana ahangiritse ku muhanda Nyamasheke-Rusizi yarenze umuhanda, hakomerekamo abakozi 16. Byabereye mu Mudugudu wa Rukerereza, Akagari …
Amakuru ava mu karere ka Nyanza aravyga ko umusore bikekwa ko yahaye umukobwa amafaranga ibihumbi mirongo itanu (Frw 50,000) ngo baryamane, ariko ntibigerweho, ikibazo cyageze …
Abasore babiri bo mu karere ka Burera, mu Murenge wa Cyanika bakubise Nteziyaremye Adrien, baramwica bamuziza kuryamana na mushiki wabo w’imyaka 25. Nteziyaremye yapfuye ku …