Nyanza: Umugore n’umwana bishe umugabo bamukubise ipiki
Mu karere ka Nyanza, mu murenge wa Mukingo humvikanye inkuru y’incamugongo aho umugore yashyamiranye n’umugabo we witwa Ndagijimana Laurent maze bikaza kurangira uyu mugore afashe …
Isoko y'Amakuru yizewe
Mu karere ka Nyanza, mu murenge wa Mukingo humvikanye inkuru y’incamugongo aho umugore yashyamiranye n’umugabo we witwa Ndagijimana Laurent maze bikaza kurangira uyu mugore afashe …
Umusore witwa Nkeramihigo Emmanuel w’imyaka 24 y’amavuko wo mu karere ka Ngoma, mu murenge wa Rukumberi yafatanywe ikibwana cy’ingurube yari avuye kwiba kwa se umubyara …
Bamwe mu basaza bo mu mudugudu wa Muyebe ho mu kagari ka Ruhango, umurenge wa Rongo ho mu karere ka Muhanga baravugako babangamiwe n’abana b’abasore …
Chinsea Linda Lee wamamaye nka Shensea ni umwe mu bahanzi bagezweho ku isi yahakanye amakuru yo gutaramira i Kigali ahamya ko ari ibihuha. Byari bimaze …
Ubuyobozi bw’ikipe ya Rayon Sports, bwatangaje ko Bruno Ferry ari we mutoza mukuru wa yo, nyuma yo gutandukana na Afhamia Lotfi ukomoka muri Tunisie ndetse …
Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda ndetse no hanze yarwo aho azwi ku izina rya Bull Dogg aherutse kugirana ikiganiro n’abanyamakuru ubwo yari yasuye Ingoro …
Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda ndetse no hanze yarwo, Kevin Kade yatangaje ko agiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka itanu amaze akora umuziki, ndetse …
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amagur muri Nigeria (NFF), ryemeje ko ryatanze ikirego muri FIFA, rirega Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yakinishije umukinnyi utabyemerewe ikanarenzaho kuyishima hejuru. …
Imbwa ziri kugurwa amafaranga menshi mu gihugu cy’u Burundi bitewe n’abarwanyi bo mu mutwe wa Wazalendo hahungiye muri iki gihugu barimo kuzirya bitewe n’ikibazo bafite …
Mu Karere ka Rubavu biteganyijwe ko hazubakwa ibyumba by’amashuri bishya 882, muri gahunda y’iterambere ry’karere y’imyaka itanu (DDS 2024/29), mu kugabanya ubucucike bukabije mu mashuri. …