Bukayo Saka yemeye kuzakinira Arsenal kugeza mu mwaka wa 2031
Rutahizamu w’Ikipe ya Arsenal ukina anyuze mu mpande, Bukayo Saka, yemereye iyi kipe kuyongerera amasezerano azamugeza mu 2031. Bukayo Saka ni umwe mu bakinnyi …
Isoko y'Amakuru yizewe
Rutahizamu w’Ikipe ya Arsenal ukina anyuze mu mpande, Bukayo Saka, yemereye iyi kipe kuyongerera amasezerano azamugeza mu 2031. Bukayo Saka ni umwe mu bakinnyi …
Mu kiganiro umutoza wa Rayon Sports, Bruno Ferry, yahaye abanyamakuru, yatangaje ko yanyuzwe n’abakinnyi bashya iyi kipe yaguze muri Mutarama 2026, ndetse bizeye kwitwara neza. …
Abakinnyi ba APR FC bagaragaje uko biteguye Rayon Sports FC bafitanye umukino ukomeye, bagaragaza ko batitaye ku bakinnyi bashya yaguze kuko “bashobora kuba boroshye”. …
Umutoza wa Tottenham Hotspur, Thomas Frank, yagaragaye ari kunywera ikawa mu gikombe cya mukeba wayo Arsenal, biteza induru mu bafana ariko avuga ko atari ikigoryi …
Polisi y’u Rwanda mu Ntara y’Iburasirazuba yatangaje ko yarashe uwitwa Dukuzumuremyi Eric, wakekwagaho ubujura no kwica umumotari wakoreraga mu karere ka Kirehe. Dukuzumuremyi yarashwe …
Niyonzima Olivier bakunda kwita Seif ukina mu kibuga hagati yemeranyije na Rayon Sports gutandukana ku bwumvikane, mu gihe iyi kipe iri gushaka uko itiza myugariro …
Rayon Sports yatandukanye na rutahizamu uca ku mpande, Harerimana Abdelaziz ‘Rivaldo’, nyuma y’uko iyi kipe yifuzaga kumutiza ariko we ntabikozwe. Rivaldo ni umwe mu …
DJ Cuppy wamamaye mu kuvanga imiziki ukomoka muri Nigeria, yatangaje ko yafashe icyemezo cyo gufata ikiruhuko ku mbuga nkoranyambaga, ku buryo azamara igihe atazikoresha. …
Ikipe y’Igihugu ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) yatunguwe ku munota wa nyuma itsindwa na Algeria igitego 1-0, mu mukino wabaye kuri uyu wa …
Ikipe ya Rayon Sports ishobora gutandukana na Pavel Ndzila, Adama Bagayogo, Harerimana Abdulaziz uzwi nka ‘Rivaldo’ na Niyonzima Olivier ‘Seif’ batanagaragaye mu myitozo yo kuri …