Rayon Sports yanganyije na Etincelles, yuzuza imikino itatu ya Shampiyona idatsinda
Kuri iki Cyumweru taliki ya 8 Werurwe 2026, ikipe ya Rayon Sports inaniwe gukura amanota atatu kuri Etincelles FC, uba umukino wa gatatu wikurikiranya inganya. …
Isoko y'Amakuru yizewe
Kuri iki Cyumweru taliki ya 8 Werurwe 2026, ikipe ya Rayon Sports inaniwe gukura amanota atatu kuri Etincelles FC, uba umukino wa gatatu wikurikiranya inganya. …
Abantu bamwe batekereza ko Tangawizi nta ngaruka mbi yagira ku muntu kuko ari icyatsi, nyamara ishobora guteza ibibazo ku bantu bamwe na bamwe. Muri iyi …
Bwiza umaze iminsi i Burayi aho ategerejwe mu gitaramo cyo kwifatanya n’Abanyarwanda bahatuye kwizihiza umunsi mpuzamahanga wahariwe abagore, yakiriwe na Ambasaderi Diane Gashumba. Uyu …
Rayon Sports yasezereye City Boys muri 1/8 cy’Igikombe cy’Amahoro, iyinyagiye ibitego 9-0 bisanga 2-0 yayitsinze mu mukino ubanza. Ni ibitego byatsinzwe na Habimana Yves …
Perezida wa Gasogi United, Kakoza Nkuriza Charles (KNC), yatangaje ko azasezerera APR FC yifashishije abakinnyi bakiri bato, mu mikino ya ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro. Gasogi …
Nomhlekhabo Ayanda Ngoma-Seitei wamenyekanye nka DJ Ayanda akaba umuhanga mu kuvanga imiziki, ategerejwe i Kigali mu gitaramo akorera ahitwa muri ‘Green Lounge’ ku wa gatanu …
U Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ibikomoka kuri peteroli bizakurikizwa mu mezi abiri ari imbere ahi litiro ya lisansi yagumye kuri 1.989 Frw mu …
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje abarwanyi kabuhariwe hafi y’Ikibuga Mpuzamahanga cy’Indege cya Bangoka, i Kisangani muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kugira ngo bahagabe ibitero …
Uwayezu Jean Fidèle wabaye Perezida wa Rayon Sports yagaragaje ishusho y’uko imiyoborere yayo ikwiriye kuba imeze, ndetse ko ari ikipe ikwiriye abayobozi badakorera “inda zabo”. …
Abakozi b’Akarere ka Karongi kuva ku bakorera mu kagari kugeza ku karere, bamaze igihe kirenga umwaka badahabwa amazi n’amata mu kazi, umwanzuro wafashwe kugira ngo …