Rutsiro: Inkuba yishe umugabo uwo bari hamwe agwa igihumure
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2026, umugabo w’imyaka 27 wo mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Rusebeya, yakubiswe n’inkuba iramwica, uwo …
Isoko y'Amakuru yizewe
Ku mugoroba wo kuri uyu wa 14 Gashyantare 2026, umugabo w’imyaka 27 wo mu Karere ka Rutsiro mu Murenge wa Rusebeya, yakubiswe n’inkuba iramwica, uwo …
Ikipe ya APR FC yanganyije na Kiyovu Sports igitego 1-1 mu mukino w’Umunsi wa 20 wa Shampiyona y’u Rwanda, yuzuza umukino wa gatatu wikurikiranya idatsinda. …
FC Saint Eloi Lupopo irakina na Al-Hilal SC kuri uyu wa Gatandatu taliki ya 14 Gashyantare 2026 idafite abakinnyi batandatu. Abo ni Raphaël Olise, …
Abageni mu Karere ka Nyarugenge mu Mujyi wa Kigali bari bamaze gukora ubukwe, babuze inzu batahamo bajya kurara ku Biro by’Akagari ka Rwampara bitewe n’uko …
Nta kiruhuko cyo guterana amagambo hagati ya bamwe mu banyamakuru ba siporo mu Rwanda, aho kuri ubu abagezweho ari Imfurayacu Jean Luc wa B&B FM …
Ikipe ya Rayon Sports yatsinze Police FC igitego 1-0, igira amanota 32 ayishyira ku mwanya wa gatanu ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda igeze ku …
Kalisa Ernest wamamaye nka Samusure muri senema, wari umaze imyaka itatu yarahungiye muri Mozambique kubera amadeni arenga miliyoni 11 Frw yari abereyemo abantu batandukanye, yagarutse …
Byiringiro Innocent, umunyeshuri w’imyaka 17 wo mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi, akekwaho gutema no gukomeretsa abarimu babiri. Byabereye mu Mudugudu wa Muciro, …
Mwitende Abdoulkarim wamamaye mu rwenya hano mu Rwanda aho azwi nka Burikantu, yagaragaje ibyishimo yatewe no kuba yaguze imodoka yo mu bwoko bwa Mercedes Benz …
Ikipe ya Al-Hilal SC yongeye kuyobora Shampiyona y’u Rwanda nyuma yo gutsinda APR FC ibitego 2-0 ikagira amanota 38 mu gihe Ikipe y’Ingabo yagumanye amanota …