Nyamasheke: Hari abagabo bari gushakishwa uruhindu nyuma yo gukubita umusore bakamukura amenyo bamuziza gukunda umukobwa
Inzego z’ubuyobozi bw’ibanze ndetse n’inzego z’umutekano zo mu murenge wa Kagano ho mu karere ka Nyamasheke zatangaje ko zirimo gushakisha abagabo babiri bakekwaho gukubita umusore …