Ihuriro rya AFC/M23 ryatangaje ko kuva ku itariki ya 4 Gashyantare 2025, rihagaritse imirwano kugira ngo ribanze rikemure ibibazo byihutirwa bijyanye n’ibikorwa by’ubutabazi ku baturage.
Iri huriro kandi ryavuze ko ridafite umugambi wo gufata Umujyi wa Bukavu muri Kivu y’Amajyepfo n’ibindi bice, ariko ryiyemeje kurinda abasivile ndetse n’ibirindiro byaryo.
AFC/M23 yasabye ingabo za SADC kuva muri DR Congo kuko kuhaba kwazo nta shingiro bifite.

INKURU BIJYANYE

Abarwanyi b’umutwe witwaje intwaro wa M23 urwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, binjiye muri Teritwari ya Mwenga mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo. M23 yinjiye muri Mwenga ku mugoroba wo ku wa 3 Werurwe 2025, nyuma yo guhangana n’ihuriro ry’imitwe yitwaje intwaro rya Wazalendo. Umuturage yagize ati “Kuva ku…

Umutwe witwaje intwaro wa M23 umaze kwagura ibirindiro byawo mu Ntara ya Kivu y’Amajyepfo mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, nyuma yo gufata Umujyi wa Bukavu. Tariki ya 16 Gashyantare 2025 ni bwo M23 yemeje ko yafashe Umujyi wa Bukavu, nyuma yo kwirukanamo abasirikare bo mu Ihuriro ry’ingabo…

Umutwe wa M23 uri kwagurira ibirindiro byawo mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, ugamije guhagarika ubwicanyi n’itotezwa bikorwa n’ingabo z’iki gihugu n’imitwe yitwaje intwaro nka FDLR bafatanyije. Raporo y’impuguke z’Umuryango w’Abibumbye yasohotse tariki ya 27 Ukuboza 2024, igaragaza ko ingabo za RDC zari zarashinze ibirindiro…